Inkuru Nyamukuru

#Kwibohora26: Kubura abasirikare n’abayobozi ntibyaduciye intege – General Kabarebe

todayJuly 11, 2020 32

Background
share close

Mu rugamba rwo kubohora igihugu, abasirikare bari ku rugamba ntibigeza bacika intege kubera mu ntangiriro zarwo bapfushije abasirikare n’abayobozi benshi.

Ibi ni byatangajwe kuri uyu wa gatandatu taliki 11 Nyakanga 2020, ubwo za ambasade z’u Rwanda zikorera muri Asia, uburasirazuba bwo hagati ndetse n’igice cya Pacifique bizihizaga umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 26 hifashishijwe ikoranabuhanga.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Musanze: Haracyari benshi bambara nabi udupfukamunwa

Mu karere ka Musanze hari abaturage bakomeje kunyuranya n’amabwiriza ya Leta ajyanye no kwirinda icyorezo cya COVID-19 aho abenshi batambara udupfukamunwa uko bikwiye bamwe bakagenda mu muhanda bacungana n’inzego zishinzwe umutekano. Mu banyuranya n’amabwiriza yo kwirinda COVID-19 baganiriye na KTRadio bamwe bemeza ko kutambara udupfukamunwa biterwa n’ubukene, abandi bagatanga impamvu zinyuranye mu buryo bwo kwikuraho ikosa. Ni mu gihe ubuyobozi bukomeje ubukangurambaga bwo gukangurira abaturage kwirinda ikwirakwiza ry’iyo virus hifashishijwe […]

todayJuly 11, 2020 27

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%