Inkuru Nyamukuru

Rubavu na Rutsiro abahinzi b’icyayi bafashijwe kwirinda COVID-19

todayAugust 19, 2020 30

Background
share close

Abahinzi b’icyayi mu turere twa Rubavu na Rutsiro bahuriye muri Koperative COOPT Pfunda bashyikirijwe ibikoresho bibafasha kwirinda COVID-19.

Ni ibikoresho birimo amasabune, udupfukamunwa, ibasi yo gukarabiramo n’isuka yo gukorera icyayi, bavuga ko bizabafasha kwirinda icyorezo cya COVID-19.

Inkunga yatanzwe ingana na miliyoni 13 n’ibihumbi magana 800 by’amafaranga y’u Rwanda yaguze ibikoresho byo kwirinda Covid-19 bizashyikirizwa abahinzi 1300

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Padiri n’umukobwa wamushinje kumusambanya bakiriye bate ibisubizo bya DNA?

Mu gihe ibisubizo bya DNA byamaze kugaragaza ko Padiri Dukuzumuremyi Jean Leonard atari we se w’umwana nk’uko yabishinjwaga, uwamushinjije kuba yaramuteye inda aravuga ko yatunguwe no kumva ko DNA yagaragaje ko umwana atari uwa Padiri kandi we azi neza ko ari uwe. Padiri Dukuzumuremyi wahoze akorera muri Paruwasi Gatolika ya Mbogo mu karere ka Gakenke, yatawe muri yombi n’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) Sitasiyo ya Gakenke, ku itariki 11 Gicurasi 2020, […]

todayAugust 19, 2020 31

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%