Inkuru Nyamukuru

“Ibisobanuro ku bibasirwa na Covid-19 biboneka mu mibereho y’abaturage mu gace runaka” Dr.Nkeshimana Minelas.

todayAugust 27, 2020 21

Background
share close

Uko indwara ya Covid19 igenda yibasira ibihugu bitandukanye ku isi, hari ikintu kigaragara cyane, aho usanga ab’igitsina gabo bibasirwa cyane kandi bagahitanwa nayo kurusha ab’igitsina gore.

Imibare igaragaza ko abagabo bamaze gupfa mu babonetseho coronavirusi ku isi, bangana na 4.7% by’abarwaye bose mu gihe abagore ari 2.8%.

Ese Ibi byaba biterwa n’iki? Byumve muri iyi nkuru tugezwaho na Nadia Uwamariya

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ruhango: Hagiye gutunganyirizwa inyama zizajyana ibirango by’igihugu mu mahanga

Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango buratangaza ko ibagiro rihuzuye rizajya ritunganyirizwamo inyama zoherezwa ku isoko ry’imbere mu gihugu no hanze yacyo ziriho ibirango by’uko ziturutse mu karere ka Ruhango. Ku bufatanye na Rwiyemezamirimo wahawe gucunga ibagiro rya kijyambere ryuzuye muri ako karere, ubuyobozi bugaragaza ko hagiye gushyirwa imbaraga mu kongera umubare w’inka zitanga inyama kuko ahanini inyama zigemurwa mu mahoteri mpuzamahanga zigomba kuba ziva ku nka zagenewe kubagwa gusa kuko ari […]

todayAugust 26, 2020 27

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%