Nyagatare bakiriye neza icyemezo cyo guhagarika ingendo zihuza intara n’Umujyi wa Kigali
Bamwe mu baturage b’akarere ka Nyagatare bavuga ko banejejwe n’icyemezo cyo guhagarika ingendo zigana I Kigali ndetse no kugabanya isaha yo gusubira mu ngo kuko bizatuma babasha kwirinda COVID-19. Ni nyuma y'uko inama y’abaminisitiri ifashe ibyemezo birimo guhagarika ingendo zihuza intara n’umujyi wa Kigali ndetse no kugabanya isaha yo gusubira mu ngo hagamijwe kwirinda indwara ya COVID-19. Ubu ingendo zerekezaga I Kigali ziturutse mu karere ka Nyagatare ziragarukira I Rwamagana. […]
Post comments (0)