Ntidukeneye amahoro kurusha uko abaturanyi bacu bayakeneye-Perezida Kagame
Ntidukeneye amahoro kurusha uko abaturanyi bacu bayakeneye-Perezida Kagame Perezida wa Repubulika Paul Kagame, avuga ko kubana neza n’ibihugu bituranyi ari yo nzira y’amahoro kandi ko u Rwanda rutayakeneye kurusha uko ibyo bihugu biyakeneye. Yabigarutseho ku cyumweru tariki 6 Nzeri 2020, ubwo yari mu kiganiro kuri RBA, akaba yari arimo gusubiza ku kibazo yari abajijwe n’umunyamakuru kijyanye n’uko umubano wifashe hagati y’u Rwanda, u Burundi na Uganda.
Post comments (0)