Inkuru Nyamukuru

Muhanga: Bamaze imyaka itanu bishyuza ibyabo byangijwe n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

todaySeptember 8, 2020 56

Background
share close

Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Gasharu, umurenge wa Rongi mu karere ka Muhanga barasaba kwishyurwa ibyabo byangijwe n’ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro bikorwa n’ikigo kitwa ‘Etablissement Sindambiwe’.

Abo baturage bavuga ko abafite icyo kibazo bagera mu 100, bakaba bari bafitiwe umwenda w’agera kuri miliyoni 19 z’Amafaranga y’u Rwanda ariko ngo hari bake bishyuwe. Hakaba hashize imyaka itanu bategereje ubwishyu.

Inshuro zose umunyamakuru wa Kigali Today yahamagaye Sindambiwe Simon, ari we nyiri ibirombe, telefone ye yari ifunze.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Abarokotse ibitero bya MRCD ya Rusesabagina barasaba indishyi z’ibyabo yahombeje

Bamwe mu baturage b'i Nyabimata mu karere ka Nyaruguru na Uwinkingi mu karere ka Nyamagabe, basobanuriye Itangazamakuru ibyo umutwe wa FLN w'ishyaka MRCD rya Paul Rusesabagina wabahombeje mu mwaka wa 2018. Paul Rusesabagina weretswe Itangazamakuru ku wa 31 Nyakanga 2020, ni Visi Perezida w'Ishyaka MRCD Ubumwe rikaba ari ryo rifite inyeshyamba zitwa FLN zari zifite Umuvugizi wiyitaga Maj Callixte Sankara, na we akaba afungiwe muri gereza mu Rwanda. Abagabweho ibitero […]

todaySeptember 7, 2020 22

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%