Inkuru Nyamukuru

Ese urukingo ruzagira umumaro ku batuye mu bihugu by’iBurayi n’ahandi, ruzaba rushobora kuwugira no ku batuye muri Afrika?

todaySeptember 10, 2020 32

Background
share close

Mu gihe Covid-19 ikomeje guhitana imbaga y’abantu ku isi, abashakashatsi nabo ntibagoheka, bari mu rugamba rwo kuvumbura umuti ndetse n’urukingo byayo.

Urugero, muri Afrika y’epfo hatangijwe ubushakashatsi ku rukingo rwa Covid-19, hagamijwe kureba niba urukingo rwagaragaje ko rufite umumaro mu bindi bihugu nk’ibyo ku mugabane w’uBurayi, ruzawugira no mu banyafurika. Ese kuki hariho izi mpungenge?

Igisubizo uracyumva mu kiganiro Nadia Uwamariya yagiranye na Dr Nkeshimana Menelas, Umuganga ubarizwa mu itsinda ry’ubushakashatsi kuri Covid-19.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Ubyumva Ute?

Ubyumva ute: Polisi iravuga iki ku mbaraga z’umurengera?

Muri kino kiganiro Anne Marie Niwemwiza ari kumwe n'umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda, CP John Bosco Kabera. Baragaruka ku ngingo zitandukanye zirimo iyubahirizwa ry'ingamba zo guhangana na Covid-19, ubwiyongere bw'impanuka ziba hafi y'isaha ya saa moya, ndetse n'ikoreshwa ry'imbaraga z'umurengera ririmo gushinjwa bamwe mu bapolisi. Umva ikiganiro kirambuye hano:

todaySeptember 9, 2020 105

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%