Inkuru Nyamukuru

“Kwirinda Covid-19 ntibitera impanuka” – Umuvugizi wa Polisi

todaySeptember 10, 2020 14

Background
share close

Umuvugizi wa polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera avuga ko kwirinda covid 19 nta sano bifitanye no kugira impanuka.

Ibi CP Kabera yabivugiye mu kiganiro Ubuymva Ute cya KT Radio cyabaye ku wa gatatu tariki 09 Nzeri, aho yari arimo kugaruka ku ngingo zitandukanye zibanda cyane cyane ku mabwirizayo kwirinda covid 19.

CP John Bosco Kabera avuga ko impanuka zose zabaye zifite icyaziteye kandi kitari Covid-19,

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ese urukingo ruzagira umumaro ku batuye mu bihugu by’iBurayi n’ahandi, ruzaba rushobora kuwugira no ku batuye muri Afrika?

Mu gihe Covid-19 ikomeje guhitana imbaga y’abantu ku isi, abashakashatsi nabo ntibagoheka, bari mu rugamba rwo kuvumbura umuti ndetse n’urukingo byayo. Urugero, muri Afrika y’epfo hatangijwe ubushakashatsi ku rukingo rwa Covid-19, hagamijwe kureba niba urukingo rwagaragaje ko rufite umumaro mu bindi bihugu nk’ibyo ku mugabane w’uBurayi, ruzawugira no mu banyafurika. Ese kuki hariho izi mpungenge? Igisubizo uracyumva mu kiganiro Nadia Uwamariya yagiranye na Dr Nkeshimana Menelas, Umuganga ubarizwa mu itsinda […]

todaySeptember 10, 2020 32

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%