Inkuru Nyamukuru

Ngoma: Abagabo babiri baturikanywe n’ingunguru bari batetsemo kanyanga

todaySeptember 17, 2020 29

Background
share close

Mu kagari ka Kibatsi mu murenge wa Rukira wo mu karere ka Ngoma, haravugwa abagabo babiri barembeye mu bitaro bya Kibungo nyuma yuko baturikanwe n’ingunguru ubwo bari batetse kanyanga.

Abo bagabo ni Habanabakize Cyriaque w’imyaka 35 na Uwiringiyimana Eric w’imyaka 30 baturikanwe n’iyo ngunguru ku gicamunsi cyo ku wa gatatu tariki 16 Nzeri 2020.

Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Iburasirazuba CIP Hamdun Twizeyimana arasobanura uko byagenze

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Wari uziko ibyo turya bigira ingaruka ku ruhu kimwe no mu mubiri imbere?

Hari abantu bashakira ubwiza bw’uruhu mu mavuta yo kwisiga, cyane cyane abagore n’abakobwa, ibi ugasanga bishobora kugira ingaruka bitewe n’ibyo ayo mavuta akozemo, ndetse bikanagira ingaruka no ku bukungu. Indi ngaruka nuko usanga amafaranga yakaguzwe amafunguro afitiye umumaro uruhu, ashyirwa muri ya mavuta rimwe na rimwe aba anahenze cyane. Umuntu kandi usanga agura aya mavuta ariko agakomeza gufata amafunguro atajyanye n’intego yifuza kugeraho. Inkuru yateguwe na Nadia Uwamariya irabafasha gusobanukirwa […]

todaySeptember 17, 2020 45

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%