Wari uziko ibyo turya bigira ingaruka ku ruhu kimwe no mu mubiri imbere?
Hari abantu bashakira ubwiza bw’uruhu mu mavuta yo kwisiga, cyane cyane abagore n’abakobwa, ibi ugasanga bishobora kugira ingaruka bitewe n’ibyo ayo mavuta akozemo, ndetse bikanagira ingaruka no ku bukungu. Indi ngaruka nuko usanga amafaranga yakaguzwe amafunguro afitiye umumaro uruhu, ashyirwa muri ya mavuta rimwe na rimwe aba anahenze cyane. Umuntu kandi usanga agura aya mavuta ariko agakomeza gufata amafunguro atajyanye n’intego yifuza kugeraho. Inkuru yateguwe na Nadia Uwamariya irabafasha gusobanukirwa […]
Post comments (0)