Inkuru Nyamukuru

Abana bari munsi y’imyaka 12 bategetswe kwambara udupfukamunwa n’ubwo binyuranyije n’amabwiriza ya OMS.

todaySeptember 24, 2020 51

Background
share close

Amabwiriza y’ishami ry’umuryango w’abibumbye ajyanye no kwambara udupfukamunwa mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya Covid-19, avuga ko abana bari munsi y’imyaka 12 batambara udupfukamunwa, naho abafite 12 kuzamura bo bagomba kutwambara ndetse neza nkuko bigenda ku bantu bakuru.

Ese mu Rwanda niko bimeze? Niba atariko bimeze se impamvu ni iyihe?

Mu kiganiro Dr Nkeshimana Menelas ushinzwe ibikorwa by’imivurire ya Covide-19 mu ntara y’iburengerazuba, yagiranye na Nadia Uwamariya arabisobanura neza.

Cyumve hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Nyagatare: Umugore aravugwaho kuruma igitsina cy’umugabo we

Ubuyobozi bw'akarere ka Nyagatare burakangurira abagabo kutagira ipfunwe ryo kuvuga ihohoterwa bakorerwa. Ubuyobozi buravuga ibi nyuma y'uko mu ijoro ryakeye uwitwa Ugayurwe Joel wo mu mudugudu wa Kabirizi akagari ka Mbare umurenge wa Karangazi avuga ko yarumwe igitsina n’ibindi bice by’umubiri n’umugore we w’isezerano Mukasekuru Gratia. Umukecuru uturanye n’uyu muryango utifuje gutangaza amazina ye avuga ko basanganywe amakimbirane aturuka ku gufuha k’umugore aho ngo atemera ko umugabo atamuca inyuma. Avuga […]

todaySeptember 23, 2020 92

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%