Inkuru Nyamukuru

Huye – Bageze kure bitegura itangira ry’amashuri

todayOctober 1, 2020 27

Background
share close

Nyuma y’amezi arenga atandatu amashuri ahagaritswe kubera Coronavirus, kuri ubu hakaba hari gutegurwa uko abanyeshuri basubira ku ishuri, mu Karere ka Huye bageze kure babyitegura.

Nk’uko bivugwa n’umuyobozi w’Akarere ka Huye wungirije ushinzwe imibereho myiza, Annonciata Kankesha, ngo bageze kure bubaka ibyumba by’amashuri 467 byagenewe kwigirwamo n’abo mu mashuri abanza n’ayisumbuye.

Naho ku bijyanye n’abarimu, ngo bamaze gukora ibizamini none ubu bari gushyirwa mu myanya.

Abayobozi b’ibigo by’amashuri na bo bavuga ko bageze kure bitegura.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Facebook na RBC batangije ubufatanye bugamije kuzamura itangwa ry’amaraso mu Rwanda

Urubuga nkoranyambaga rwa Facebook hamwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Nzeri 2020, basinyanye amasezerano y’ubufatanye, agamije kuzamura itangwa ry’amaraso mu Rwanda. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryatanzwe na RBC, ivuga ko ubwo bufatanye bugamije gushishikariza abantu bari hagati y’imyaka 18 na 60 kwitabira gutanga amaraso. Buri wese uri muri icyo kigero azajya akoresha Facebook yiyandikishe nk’umuntu utanga amaraso (Blood Donor), kugira ngo ajye abasha kubona […]

todaySeptember 30, 2020 29

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%