Inkuru Nyamukuru

Kaminuza zirongera gufungura imiryango mu Kwakira hagati; dore izemerewe gukora.

todayOctober 2, 2020 24 2

Background
share close

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko kaminuza esheshatu ari zo zemerewe gusubukura ibikorwa byo gutanga amasomo hifashishijwe uburyo bwaba ubwo kwiga hifashishijwe ikoranabuhanga no kujya kwigira ku ishuri kandi ibyiciro by’abanyeshuri byose bikaba byemerewe kwiga mu gihe izindi enye zirimo Kaminuza y’u Rwanda hazabanza kwiga abari mu myaka ya nyuma.

Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine yabivuze mu kiganiro n’Abanyamakuru cyatanzwe n’abayobozi mu nzego zinyuranye barimo Minisitiri w’Ubuzima, Dr Daniel Ngamij, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase, Umuvugizi wa Police y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera na Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Soraya Hakuziyaremye.

Uyu Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine asobanura zimwe muri kaminuza zemerewe gufungura:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Perezida w’Amerika Donald Trump n’umugore we banduye Covid-19

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yatangaje ko we n’umugore we Melania Trump, babasanzemo ubwandu bwa Covid-19. Mu butumwa yanyujije kuri Twitter muri iki gitondo cyo ku wa gatanu, Perezida Trump yagize ati "Kuri uyu mugoroba Melania Trump nanjye twasanganywe Covid-19. Turahita twishyira mu kato dutangire urugendo rwo gukira. Ibi tuzabasha kubinyuramo turi hamwe." Ubwandu bwa Perezida Trump n'umufasha we butangajwe nyuma y'igihe gito umwe mu bajyanama […]

todayOctober 2, 2020 25

Post comments (2)

  1. Didier on October 6, 2020

    None harabura iki? Ngo izindi kaminuza mudufungurire ? Ubu abanyeshuri bashaka gutangira kaminuza Bari mugihirahiro babuze amahitamo mu kwiyandikisha batazi ko kaminuza zizafungurwa . Igitekerezo mwaraka kaminuza zigafungura zose hanyuma inzego nkuru zikajya zireba ko hubahirizwa kwirinda covid. Bitabaye ibyo turadindira byitwe ko twafunguriwe . Kandi mbona bitabaye.

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%