Kayonza hatangijwe umushinga w’ikoranabuhanga mu mashuri
Umuyobozi w’umushinga w’ikoranabuhanga mu kigo cya Leta cyigisha gukora poroguramu za mudasobwa Rwanda Coding Academy Dr. Nigena Papyas avuga ko abanyeshuri bakwiye gutozwa kwiga ikoranabuhanga hakiri kare kuko ibintu byose ku isi bisigaye bigerwaho mu buryo bw’ikoranabuhanga. Yabitangaje kuri uyu wa 30 Nzeli ubwo mu karere ka Kayonza hatangizwaga umushinga wo guteza imbere ikoranabuhanga mu mashuri. Ni umushinga uzamara imyaka 2 ukazakorerwa mu bigo by’amashuri yisumbuye 45 mu karere ka […]
Post comments (0)