Inkuru Nyamukuru

Yamaze imyaka itatu muri koma, aje asanga ahari iwe barahateje

todayOctober 3, 2020 25 1

Background
share close

Mu kagari ka Ruhengeri mu murenge wa Muhoza mu karere ka Musanze, haravugwa inkuru y’umugore wavuye mu bitaro nyuma y’imyaka itatu agasanga umugabo yaragurishije imitungo yabo yose.

Abahoze ari abaturanyi b’uyu mugore witwa Ayingeneye Leonie bavuga ko umugabo we yagurishije imitungo nyuma yo kubeshya ko umugore yapfuye.

Kuri ubu uyu mugore utabasha guhagarara cyangwa ngo abe yakwicara kubera ubumuga yavanye mu burwayi bwe, acumbikiwe n’umuyobozi w’umudugudu.

Umva inkuru ibabaje y’uyu mugore:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Menya bamwe mu bayobozi bakuru Ayinkamiye yigishije mu myaka 42 yamaze mu bwarimu

Gukunda kwigisha byatumye yemera umushahara muto mwarimu ahabwa, abirutisha kuba umunyamabanga wa Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu ubwo yari arangije kaminuza mu mwaka wa 1977. Kuva icyo gihe kugera muri 2019 bamwe mu bayobozi bakuru Ayinkamiye yibuka bamunyuze imbere aho yigishaga muri Lycée Notre Dame de Citeaux (Nyarugenge), harimo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera ushinzwe kurinda Itegeko Nshinga, Amb. Solina Nyirahabimana. Ayinkamiye yanigishije Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, Marie Solange Kayisire, Minisitiri […]

todayOctober 3, 2020 40

Post comments (1)

  1. Dusingizimana Joseph on October 7, 2020

    Mubyukuri bireze cyane Koko natwe hano rusororo baratuzengereje cyane ,bamaze kutwiba 2 mucyumweru kimwe
    1.baje batobora inzu ibintu byose barikorera
    2.baje turqbatesha ariko basiga bishe imwe mu nguurube zororerwa aho murugo
    Mu byukuri mudukorere ubuvugizi ,twatabaje irondo ntiryaboneka hafi 2hours zose tujya kubashaka ngo batabaree ntibyagira icyo bifata

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%