Yamaze imyaka itatu muri koma, aje asanga ahari iwe barahateje
Mu kagari ka Ruhengeri mu murenge wa Muhoza mu karere ka Musanze, haravugwa inkuru y'umugore wavuye mu bitaro nyuma y'imyaka itatu agasanga umugabo yaragurishije imitungo yabo yose. Abahoze ari abaturanyi b'uyu mugore witwa Ayingeneye Leonie bavuga ko umugabo we yagurishije imitungo nyuma yo kubeshya ko umugore yapfuye. Kuri ubu uyu mugore utabasha guhagarara cyangwa ngo abe yakwicara kubera ubumuga yavanye mu burwayi bwe, acumbikiwe n’umuyobozi w’umudugudu. Umva inkuru ibabaje y'uyu […]
Ndarukunda James on October 5, 2020
Ndibaza niba icyo kizamini kireba abarimu bo mu bigo bya leta gusa cyangwa areba abarimu muri rusange.