Hari ababyeyi batoroherwa no kubona udupfukamunwa abana biga basimburanya
Hashize ibyumweru bibiri amashuri atangiye nyuma yo kumara igihe kinini afunze kubera Covid-19, abana bakaba barasubiye ku ishuri aho buri wese agomba kwigana agapfukamunwa, yubahiriza amabwiriza akagenga n’andi yose yo kwirinda icyo cyorezo. Amabwiriza ya Minisiteri y’Ubuzima avuga ko agapfukamunwa gakozwe mu mwenda kambarwa amasaha atandatu kakameswa, kamara kumeswa inshuro eshanu kakajugunywa. Gusa hari abavuga ko kubahiriza ibi bitoroshye kubera ikibazo cy’amikoro. Kuri icyo kibazo cy’ababyeyi bavuga ko bigoye guhindurira […]
Post comments (0)