Inkuru Nyamukuru

Hari ababyeyi batoroherwa no kubona udupfukamunwa abana biga basimburanya

todayNovember 18, 2020 58

Background
share close

Hashize ibyumweru bibiri amashuri atangiye nyuma yo kumara igihe kinini afunze kubera Covid-19, abana bakaba barasubiye ku ishuri aho buri wese agomba kwigana agapfukamunwa, yubahiriza amabwiriza akagenga n’andi yose yo kwirinda icyo cyorezo.

Amabwiriza ya Minisiteri y’Ubuzima avuga ko agapfukamunwa gakozwe mu mwenda kambarwa amasaha atandatu kakameswa, kamara kumeswa inshuro eshanu kakajugunywa.

Gusa hari abavuga ko kubahiriza ibi bitoroshye kubera ikibazo cy’amikoro.

Kuri icyo kibazo cy’ababyeyi bavuga ko bigoye guhindurira umwana agapfukamunwa kuko gahenze, imiryango ya Sosiyete sivile yo ivuga ko uko byamera kose umwana agomba kurindwa.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Nyarugenge: amacupa y’imyanda amaze gutoragurwa muri Nyabugogo ageze kuri toni eshatu

Ubuyobozi bw'akarere ka Nyarugenge ku bufatanye n'abashinzwe umutekano hamwe n'abaturage, biyemeje kumara uku kwezi k'Ugushyingo 2020 batoragura amacupa ya 'plastique' atembera mu mugezi no mu gishanga cya Nyabugogo, mu rwego rwo kurengera ibinyabuzima byo mu mazi. Umuyobozi nshingwabikorwa w’ako karere, Emmy Ngabonziza avuga ko mu byumweru bibiri bishize, umuganda uba buri wa gatandatu umaze gukusanyirizwamo amacupa apima toni eshatu. Emmy Ngabonziza uyobora akarere ka Nyarugenge avuga ko umuganda wo gutoragura […]

todayNovember 18, 2020 25

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%