Abari batunzwe no gususurutsa ibirori babayeho bate muri COVID-19?
Abari batunzwe no gususurutsa ibirori bitandukanye baratangaza ko COVID-19 ikomeje kubabera imbogamizi mu mibereho yabo bakifuza ko leta yagira icyo ibafasha cyangwa nabo bagatekerezwaho mu mirimo igenda ikomorerwa. Abahanzi, ababyinnyi n’abacuranzi ni bamwe mu bari bamaze kugenda biteza imbere kubera ibyo bakora ariko ubu ibirori byahagaze bagaragaza ko ubuzima bwabo bumeze nabi n’imishinga yabo ikaba yarahagaze. Fidel Jakal ukorera mu itsinda ry’abacuranzi rizwi cyane mu Rwanda Impala n’Imparage avuga ko […]
Post comments (0)