Inkuru Nyamukuru

Gasabo: Ari mu maboko ya RIB akekwaho gusambanya nyina ku ngufu

todayNovember 24, 2020 50

Background
share close

Umugabo witwa Bakundukize w’imyaka 41 y’amavuko, ari mu maboko ya RIB Post ya Gatsata akekwaho gusambanya umubyeyi we w’imyaka 65.

Ayo makuru yamenyekanye mu ma saa yine z’ijoro rishyira iryo kuri uyu wa kabiri, nyuma y’aho abaturanyi batabaje inzego zishinzwe umutekano.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Jali Ndanga Patrice, yemeje aya makuru, ashimangira ko bakiyamenya bihutiye kujya mu rugo Bakundukize yabanagamo n’umubyeyi we.

Ndanga Patrice avuga ko uyu bakundukize atari yasinze ngo wenda habe hakekwa ibiyobyabwenge.

Soma inkuru irambuye HANO

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%