Amashuri arasaba kugabanyirizwa igiciro cy’amazi
Ibigo by’amashuri biratangaza ko bifite ikibazo gikomeye cyo kwishyura fagitire y’amazi kuko ayo bakoresha yiyongereye cyane kubera gukaraba kenshi hirindwa Covid-19, bigasaba kugabanyirizwa igiciro kuri meterokibe. Mbere amashuri ngo yishyuraga amafaranga adakanganye kuko yakoreshaga amazi make, ariko ubu akoresha menshi, kandi uko amazi akoreshwa yiyongera ni nako igiciro kuri meterokibe kizamuka, kandi ngo ayo mashuri yo nta handi akura mafaranga y’inyongera. Bamwe mu bayobozi b’amashuri baganiriye na KT Radio, bahamya […]
Post comments (0)