Nta modoka yemerewe gutwara abagenzi bava muri Gare nyuma ya saa kumi n’ebyiri – RURA
Ubuyobozi bw'umugi wa Kigali bwatangaje ko nta modoka yemerewe gutwara abagenzi bava muri gare nyuma ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, isaba abagenzi gutega imodoka hakiri kare. Itangazo ubuyobozi bw'uyu mugi bwashyize ahagaraga ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane riravuga ko ibi byakoze mu rwego rwo kubahiriza ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri. Iri tangazo rikomeza rivuga ko ibi bizakurikizwa kugeza igihe andi mabwiriza azatangarizwa. Inama y'abaminisitiri yaraye iteranye ikaba yanzuye ko abantu […]