Ubyumva Ute: Itangira ry’amashuri n’ishyirwa mu myanya ry’abarimu
Muri kino kiganiro Anne Marie Niwemwiza ari kumwe na Benjamin Kageruka (MINEDUC) na Dr. Alphonse Sebaganwa (REB), baragaruka ku itangira ry'amashuri ku bana bari basigaye mu rugo, ndetse na gahunda yo gushyira abarimu mu myanya. Baribanda ku bibazo n'ibisubizo birimo. Umva ikiganiro kirambuye hano: