Musanze: Babangamiwe n’ubujura bw’imyenda mu ngo
Bamwe mu bagore bakorera ubucuruzi bw’imyenda mu mihanda itandukanye yo mu mujyi wa Musanze, bazwi ku izina ry’Abatemberezi, baratungwa agatoki gukingira ikibaba insoresore z’abajura no gufatanya na zo, kwiba mu ngo, ibyo bahakuye bakajya kubigurishiriza mu masoko yo mu nkengero z’umujyi no kure yaho, mu rwego rwo kujijisha ngo badafatwa. Ubujura bukorwa muri ubu buryo, ngo buragenda bufata indi ntera, bityo ngo nta gikozwe ngo bukumirwe, ababukora bazagera ubwo bamaraho […]
Post comments (0)