Dr Uzziel Ndagijimana avuga ko nta mpungenge ko u Rwanda ruzishyura imyenda rufata
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagimana yavuze ko umwenda u Rwanda rwafashe mu mwaka ushize wa 2020-2021 ndetse n’uwo ruteganya gufata muri uyu wa 2021-2022 utaremerereye igihugu. Yabivuze ejo ku wa Kabiri, nyuma yo kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe yombi, Ingengo y’Imari y’umwaka wa 2021-2022.
Post comments (0)