#Kwibohora27: Perezida Kagame yatanze icyizere ku gukorera inkingo n’imiti mu Rwanda
Mu ijambo ryifuriza Abanyarwanda umunsi wo Kwibohora, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko gutsinda icyorezo cya COVID-19 bizafasha Abanyarwanda gukomeza ibikorwa byo kwibohora, yizeza ko hari izindi nkingo zizaboneka muri iyi minsi ariko kandi anatangaza ko u Rwanda rurimo gukora ibishoboka byose kugira ngo rubashe kwikorera inkingo n’indi miti. Yavuze ko ubu ari bwo hakenewe kwirinda iki cyorezo cyane kurusha uko byakozwe mbere, kuko ubwandu bwacyo bukomeje […]
Post comments (0)