Inkuru Nyamukuru

Ibishingwe nibitangira kugurwa hari abiyemeje kujya babiraza mu nzu ngo bitibwa

todayAugust 27, 2021 115

Background
share close

Hari abaturage bavuga ko mu gihe haba habayeho kwishyurwa cyangwa kugurisha ibishingwe nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Ibidukikije Dr Mujawamariya Jeanne d’Arc, ngo batangira kubiraza mu nzu kugira ngo abajura batabyiba.

Gusa abasesengura iby’iyi gahunda basanga ikigoranye gushyirwa mu bikorwa, bitewe n’uko hari ibishingwe byinshi kugeza ubu bidashobora kugira ikindi kintu cy’agaciro byakorwamo.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%