Batekereza ko amafaranga ahabwa abakobwa babyariye iwabo atuma iki kibazo kidacika.
Hari ababyeyi batuye mu Kagari ka Mugombwa mu Murenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara, batekereza ko amafaranga ahabwa abangavu babyariye iwabo atuma hari n’abandi batirinda kugwa muri iki kibazo. Ubundi i Mugombwa, abakobwa babyariye iwabo kimwe n’ababyeyi bo mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri by’ubudehe bahabwa amafaranga 21.500 ku gihembwe. Umva inkuru irambuye hano: