Year: 2021

425 Results / Page 12 of 48

Background

Inyanja Twogamo

Inyanja Twogamo – “Tuskegee Experiment” cyangwa se impamvu abantu bamwe batizera ubuvuzi bugezweho

Muri kino kiganiro turagaruka kuri "Tuskegee Experiement"; ubu ni ubushakashatsi bwakozwe hagati y'umwaka w'1932 n'1972, bukorerwa ku birabura bo mu gace ka Tuskegee, leta ya Alabama, muri USA. Aba birabura bagera kuri 400, bari barwaye indwara yandurira mu mibonano mpuzabitsina ya Syphillis, ariko barangiwe kuyivurwa, ndetse batarabwiwe ko bayifite. Ibi byose byakozwe mu rwego rwo kumenya ingaruka z'iyi ndwara mu gihe kirekire. Ibi bikaba byaratumye hari bamwe mu birabura batizera […]

todayAugust 31, 2021 18

Inkuru Nyamukuru

Gisozi: Ikamyo yikoreye ibiti yagwiriye inzu ihitanamo abantu babiri

Mu gicuku cyo kuri uyu wa 31 Kanama 2021, saa munani z'ijoro, ku Gisozi mu Karere ka Gasabo hepfo gato y'Ibiro by'Umurenge wa Gisozi, habereye impanuka y'ikamyo yari itwaye ibiti, yagwiriye inzu z'umucuruzi witwa Yvonne Mukeshimana iramuhitana. Inzu z'uwo mucuruzi zari ahitwa kuri Beretware mu ikorosi riri hepfo y'Umurenge wa Gisozi, zasenyutse burundu. Iyo mpanuka yanahitanye umuzamu wa Mukeshimana witwa Nkurikiyimfura Jean de Dieu ikomeretse n'abana be babiri ari bo […]

todayAugust 31, 2021 8

Inkuru Nyamukuru

Imvura y’Umuhindo wa 2021 ishobora kuzaba nke hamwe na hamwe mu Gihugu

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) kivuga ko imvura y’Umuhindo wa 2021 izaba ingana nk’isanzwe igwa muri icyo gihe, ariko ikaba ishobora kuzagabanuka mu duce tumwe tw’i Burengerazuba, Amayaga n’uturere twa Bugesera, Kirehe na Ngoma. Meteo Rwanda ikavuga ko iyo mvura izagwa kuva mu kwezi kwa Nzeri kugera m’Ukuboza 2021, izaba ingana nk’iyaguye mu Muhindo w’imyaka ya 2016, 2010 na 1996. Simon kamuzinzi araduha inkuru inkuru irambuye.

todayAugust 30, 2021 22

Inkuru Nyamukuru

Ibishingwe nibitangira kugurwa hari abiyemeje kujya babiraza mu nzu ngo bitibwa

Hari abaturage bavuga ko mu gihe haba habayeho kwishyurwa cyangwa kugurisha ibishingwe nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Ibidukikije Dr Mujawamariya Jeanne d’Arc, ngo batangira kubiraza mu nzu kugira ngo abajura batabyiba. Gusa abasesengura iby’iyi gahunda basanga ikigoranye gushyirwa mu bikorwa, bitewe n’uko hari ibishingwe byinshi kugeza ubu bidashobora kugira ikindi kintu cy’agaciro byakorwamo.

todayAugust 27, 2021 115

Inkuru Nyamukuru

Abatuye ku ‘Isi ya Cyenda’ babayeho nk’abatuye mu cyaro

Umudugudu wa Kanyinya wo mu Kagari ka Ruhango mu Murenge wa Gisozi w’Akarere ka Gasabo, n’ubwo uri mu ntera ya kilometero zitarenga enye uvuye mu Mujyi rwagati wa Kigali, imibereho yaho imeze nk’iyo mu cyaro. Ni abahinzi-borozi batunzwe n’igishanga cya Nyabugogo kiri hagati y’Umurenge wa Gatsata n’uwa Gisozi, kujyayo wambukiye mu gishanga bigasaba ko umuntu agenda hakibona.

todayAugust 25, 2021 12

0%