Year: 2021

425 Results / Page 17 of 48

Background

Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame na Suluhu bayoboye isinywa ry’amasezerano y’ubuhahirane

Perezida wa Repubulika yunze Ubumwe ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri guhera kuri uyu wa mbere, yakiriwe na mugenzi we Paul Kagame, bayobora isinywa ry’amasezerano atandukanye hagati y’ibihugu byombi. Aba bakuru b’ibihugu bavuga ko amasezerano yashyizweho umukono n’abamisitiri bashinzwe ububanyi n’amahanga ndetse n’abashinzwe ikoranabuhanga, agamije guteza imbere ubucuruzi n’inzira ibicuruzwa binyuzwamo.

todayAugust 3, 2021 6

Inkuru Nyamukuru

Guma mu Rugo yongereweho iminsi itanu

Ku Cyumweru, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu gihe cy’iminsi icumi abatuye mu Mujyi wa Kigali n’uturere umunani bari muri gahunda ya Guma mu Rugo, byagaragaye ko icyorezo cya Covid-19, kiri mu baturage ku buryo buteye impungenge, ari nayo mpamvu hafashwe icyemezo cyo kongeraho iminsi itanu. Byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel, nyuma y’uko hashyizweho amabwiriza mashya yagennye ko iminsi 10 yari yashyiriweho Umujyi wa Kigali n’uturere umunani yongererwa. […]

todayJuly 26, 2021 4

Inyanja Twogamo

Inyanja Twogamo – Ese Bob Marley yaba yarishwe na CIA?

Bob Marley, umuhanzi benshi bafata nk’umwami w’injyana ya Reggae, yapfuye afite imyaka 36, asiga benshi mu gihirahiro, bamwe bemeza ko yazize uburwayi, abandi bakavuga ko yazize akagambane k’abanyapolitike bari bashyize imbere ubutegetsi bwa mpatse ibihugu n’ivangura rishingiye ku ruhu. Muri kino kiganiro turi bugaruke ku makuru mashya aherutse gushyirwa ahagaragara ku rupfu rwa Bob Marley. Ni inyanja twogamo twateguriwe na Gasana Marcellin

todayJuly 21, 2021 26

0%