Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 13.7 ku ijana muri Kamena 2022 ugereranyije na Kamena 2021. Ibiciro byo mu mijyi ni byo byifashishwa nk’igipimo ngenderwaho mu bukungu bw’u Rwanda.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare cyatangaje ko Ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 13,7% mu kwezi kwa Kamena 2022 ugereranyije na Kamena 2021. Ni mugihe ibiciro muri Gicurasi 2022 byari byiyongereyeho 12,6%.
Perezida Paul Kagame, Ku gicamunsi cyo ku wa Gatandatu tariki 09 Nyakanga 2022, yahawe umudali w’icyubahiro uzwi nka ’Ordre de la Pléiade’, uhabwa abantu bagize uruhare runini mu bihugu bivuga Igifaransa. Umukuru w'Igihugu yahawe uyu mudali, ubwo yakiraga abayobozi bagize inteko zishinga Amategeko zo mu muryango wa Francophonie (APF) bari i Kigali aho bitabiriye inama rusange ya 47. Uyu mudali w'icyubahiro wahawe Perezida Kagame uzwi nka ’Ordre de la Pléiade’, […]
Post comments (0)