Mu myaka mikeya ishize, Marius Ishimwe w’imyaka 22, umwana wa gatanu mu muryango w’abavandimwe 9 uvuka mu karere ka Gasabo, umudugudu wa Gasogi yavuye mu ishuri akiri mu mwaka wa 1 w’ay’isumbiye kubera ko ababyeyi nta bushobozi bari bafite bwo kumubonera amafaranga y’ishuri.
Amateka ye ashobora kuba ikimenyetso cyerekana ko kudacika intege bishoboka cyane, kuko nyuma y’igihe bitanga ibisubizo bishimishije.
Ishimwe yagize ati: “Nakoraga mu bijyanye n’ubwubatsi bisaba umubiri, kandi nkahembwa make. Mu ntangiriro z’uyu mwaka nagerageje gushaka akazi gahamye kandi gahemba neza, ibi byanjyanye mu cyanya cy’inganda cya Kigali. Ibi nabyo ntibyakunze. Muri Mata, niyemeje kuva mu rugo muburyo bwose bwo gushaka imibereho nza i Nyarugenge, hagati mu karere k’ubucuruzi ”.
Muri icyo gihe, Ishimwe yari afite amafaranga 40.000 yo gutangiza ubucuruzi, kwishyura ubukode no kurangura bikeya ndetse no kubasha kubona ibyo kurya.
Intego ya Inzozi Lotto ni ugutanga umusanzu mu iterambere rya siporo mu Rwanda bivuze ko gukina bisobanura kugira uruhare mu iterambere rya siporo mu Rwanda.
Abanyarwanda bagera ku 100, biteganijwe ko bazahabwa impamyabumenyi mu kwezi gutaha kwa Kanama, mu bijyanye no gukoresha ingufu za Nikleyeli bakurikiranaga mu bihugu birimo u Burusiya na Koreya y'Epfo. Minisitiri w'ibikorwaremezo, Dr Ernest Nsabimana Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Ernest Nsabimana, mu muhango wo gutangiza inama ya 33, ihuriza hamwe abagize Umuryango Nyafurika ushinzwe guteza imbere ubushakashatsi n’ubumenyi ku ngufu za Nikleyeli, (AFRA), irimo kubera mu i Kigali mu […]
Post comments (0)