Kugwa kwa Habyarimana n’indege ye birimo urujijo – Gen. Kabarebe
Gen. James Kabarebe, Umujyanama wa Perezida w’u Rwanda mu bijyanye n’umutekano, avuga ko Habyarimana Juvenal kugwa n’indege ye birimo urujijo, kuko ngo hari ibyagiye biba mbere y’urugendo rwe bitari basanzwe. Gen. James Kabarebe Yabibwiye abari bateraniye mu Ihuriro ry’ubyiruko ruri muri FPR-Inkotanyi mu Karere ka Gisagara, ku wa 22 Nyakanga 2022. Ni mu kiganiro yabahaye ku nsanganyamatsiko igita iti "Turusheho kumenya amateka y’urugamba rwo kubohora igihugu n’uruhare rwacu, urugendo rurakomeje." […]
Post comments (0)