Kigali: Ikibazo cy’ubwiherero rusange budahagije kigiye gukemuka
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buravuga ko mu rwego rwo gukemura mu buryo burambye ikibazo cy’ubwiherero rusange, hari ubwatangiye kubakwa bugera kuri 56. Ikibazo cy’ubwiherero kigiye gukemuka kuko hari ubwatangiye kubakwa Iyo ugenze mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali, byagorana kudahura n’abantu banyura mu tuyira bagiye barema duhinira hafi cyane, aho bihagarika ndetse hakaba n’abadatinya kuhakoresha bitabara ibikomeye. Iyo ugerageje kuganira nabo bakubwira ko babiterwa n’amaburakindi, kuko baba bakubwe bakubura aho […]
Post comments (0)