RWAMAGANA: Babiri bafatanywe ibihumbi 45 by’amafaranga y’amiganano
Ku wa Mbere tariki ya 8 Kanama, Polisi y'u Rwanda mu karere ka Rwamagana, yafashe abagabo babiri bakurikiranyweho gukwirakwiza amafaranga y'amiganano nyuma yo kubasangana ibihumbi 45 by’amafaranga y’u Rwanda, agizwe n’inoti 9 za bitanu z’inyiganano. Abafashwe ni uwitwa Nsengiyumva Jonas ufite imyaka 34 y’amavuko na Murwanashyaka Emmanuel w’imyaka 33, bafatiwe mu mudugudu wa Shaburondo, akagari ka Bwisanga mu murenge wa Gishari, ahagana saa yine z’amanywa. Umuvugizi wa Polisi mu ntara […]
Post comments (0)