Musanze: Bavumbuye ibigega bya lisansi bimaze igihe bitabye mu butaka
Abaturage biganjemo abo mu mujyi wa Musanze, by’umwihariko abubakaga inzu y’igorofa iherereye mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Muhoza, Akagari ka Mpenge mu Mudugudu wa Rukoro, batangaye nyuma yo kuvumbura ibigega bya lisansi byari bimaze igihe bitabye mu mbuga y’ahari kuzamurwa igorofa. Ibi bigega abubatsi basanze bimaze imyaka myinshi bitabye mu mbuga y’inzu y’igorofa Ibyo bigega uko ari bitatu, byavumbuwe mu mbuga y’iyo gorofa iri imbere y’umuhanda Musanze-Kigali, rwagati […]
Post comments (0)