Abaturiye Pariki y’Akagera barishimira ibyavuye ku musaruro w’ubukerarugendo
Niyonzima Olivier ukuriye agakiriro ka Cyarubare, yatangaje ko yishimira ko betejwe imbere nta n’umwe uhejwe yaba umugore cyangwa Umugabo. Mubuhamya bwe, yavuze ko muri aka gakiriro gakoreramo abagabo 30 n’abagore 35. Muri aba bose bakora ubudozi, ububaji, gusudira, no gushushanya. Yagize ati “Mbere y’uko tuza muri iyi nzu mwatwubakiye, twari tubayeho ariko kwiyubaka byaratugoraga. Uyu munsi turabona ibiraka bitandukanye, hari n’ibiva muri Pariki y’Akagera, ndetse n’ahandi. Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) […]
Post comments (0)