Kenya: Urukiko rw’Ikirenga rwemeje intsinzi ya William Ruto
Martha Koome, perezida w’Urukiko rw’Ikirenga rwa Kenya yemeje ko ibyavuye mu matora yo mu kwezi gushize bifite ishingiro. Ibi ni uko uwatowe nka perezida ari William Ruto. Uru rukiko rwavuze ko ingingo zishingirwaho z'ibirego by’impande icyenda - zirimo Raila Odinga - nta shingiro zifite. Martha Karua, uwiyamamazaga kuba visi perezida wa Raila Odinga, yahise atangaza kuri Twitter ko yubashye ibyavuzwe n'uru rukiko ariko atemera ibyo rwabonye. Gusoma uyu mwanzuro w’urukiko […]
Post comments (0)