Ni umuhango wabereye mu ishuri ry’amahugurwa rya Escola practical Matalana riherereye murwa Mukuru Maputo.
Uwo muhango wayobowe na Perezida wa Repubulika ya Mozambique, Phillipe Nyusi, wanitabiriwe na Minisitiri w’Umutekano akaba na Minisitiri ufite ibikorwa bya Polisi mu nshingano, Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Mozambique, Minisitiri w’ingabo, Ambasaderi w’u Rwanda muri Mozambique; Claude Nikobisanzwe n’abandi banyacyubahiro baturutse mu bihugu bitandukanye.
Uyu muhango Kandi witabiriwe n’abandi bayobozi ba Polisi bungirije bo mu bihugu bya Afurika y’epfo, Malawi, Zambia, Botswana, Eswatini, na Sao Tome et Principe.
Inzego z'ubuzima muri Uganda zemeje ko hadutse icyorezo gishya cya Ebola, cyahitanye umugabo w'imyaka 24, rwagati muri iki gihugu. Minisitiri w'ubuzima wa Uganda Jane Aceng mu kiganiro n'abanyamakuru ubwo yatangaza ko umuntu wanduye Ebola yapfuye Minisitiri w'ubuzima wa Uganda Jane Aceng yabwiye abanyamakuru ko uwo muntu yari yagaragaje ibimenyetso bya Ebola mbere yuko iyi ndwara imwica. Yari atuye mu cyaro cya Ngabano mu karere ka Mubende, kari ku ntera ya […]
Post comments (0)