Buri segonda Nyabarongo itwara ibilo 46 by’ubutaka bwera – Impuguke
Umuyobozi muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu ushinzwe urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira no kurwanya ibyaha mu Rwanda, Kubana Richard, avuga ko kubera kutarwanya isuri, impuguke zerekanye ko umugezi wa Nyabarongo wonyine buri segonda utwara ibilo 48 by’ubutaka bwera, agasaba abaturage kurushaho kurwanya isuri. Avuga ko ibice by’Igihugu byangizwa n’isuri ari ibyo mu misozi miremire y’Intara z’Uburengerazuba n’Amajyaruguru, aho usanga hari n’igihe isuri itwara ibihingwa by’abaturage ikangiza n’ibikirwa remezo. Kubana avuga ko kubera […]
Post comments (0)