Itsinda ry’abasirikare bakuru muri Zambia bari mu rugendoshuri mu Rwanda
Itsinda ry'intunwa z’abasirikare bakuru 13 baturutse mu ngabo za Zambiya (ZDF) bari mu rugendoshuri mu Rwanda, aho bakiriwe n'Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda Gen Jean Bosco Kazura ku cyicaro gikuru cy’ingabo, ku Kimihurura. Aba basirikare basanzwe ari abanyeshuri mu ishuri rya gisirikare (Zambia Services, Command and Staff College), batangiye uruzinduko rwabo kuri uyu wa gatatu tariki 05 Ukwakira 2022, rukazamara icyumweru. Umuyobozi w’iri tsinda Colonel Edmond Mbilika avuga ko aba […]
Post comments (0)