Umuraperi Khalfan yahishuye abahanzi akunda mu njyana ya Hip Hop
Umuhanzi akaba n’umuraperi Khalfan Govinda umaze kwigarurira imitima y’abatari bake, yavuze bamwe mu baraperi akunda barimo na Riderman, ufatwa nk’umwami wa Hip Hop mu Rwanda. Umuraperi Khalfan Govinda n’umunyamakuru MC Tino Khalfan Govinda, yabigarutseho mu kiganiro Dunda Show kuri KT Radio aherutse kugirana na MC Tino. Uyu muraperi ari mu gikorwa cya "Media tour" mu kumenyekanisha indirimbo ye nshya aherutse gushyira hanze yitwa "BIPE" afatanyije na Social Mula. Ni indirimbo […]
Post comments (0)