Bakanguriwe gutanga amakuru ku bantu baheruka muri Uganda
Ubuyobozi bw’ibitaro bya Gisenyi bwatangiye imyitozo y’uko umurwayi wa Ebola wagera mu Rwanda yakwakirwa, busaba abaturage gutanga amakuru ku bantu baheruka muri Uganda mu minsi 21 ishize. Abaganga biyibukije uko batabara umurwayi wa Ebola akagezwa kwa muganga Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Gisenyi bubitangaje mu gihe abakozi bashinzwe ubuzima, bapima umuriro kuri buri muntu winjiye mu Rwanda. Umuyobozi w’ibitaro bya Gisenyi CSP Dr. Ernest Tuganeyezu, avuga ko Ebola itaragera mu Rwanda ariko […]
Post comments (0)