Perezida Kagame yakiriye Gen Muhoozi wasoje uruzinduko mu Rwanda
General Muhoozi, Umuhungu wa Perezida Museveni, usanzwe ari n’umujyanama we mu by’umutekano, yatangiye uruzinduko rwe rwihariye ku wa gatandatu tariki 15 Ukwakira 2022, ndetse kuri uwo munsi ku mugoroba yakirwa na Perezida Kagame. Gen. Muhoozi yaje mu Rwanda aherekejwe n’abarimo Umunyamakuru Andrew Mwenda. Uruzinduko Gen. Muhoozi yasoje ni urwa gatatu agiriye mu Rwanda muri uyu mwaka, nyuma y’urwa mbere rwabaye ku ya 22 Mutarama na 14 Werurwe 2022, mu rwego […]
Post comments (0)