Abadepite bemeje itegeko ryemerera abantu gutanga ibice by’umubiri mu buvuzi
Inteko rusange y’Umutwe w’Abadepite, yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko rigena imikoreshereze y’ingingo z’umuntu n’uturemangingo. Minisitiri w’Ubuzima, Dr Daniel Ngamije Minisitiri w’Ubuzima, Dr Daniel NgamijeNi ibyatangajwe ku wa Gatatu tariki 19 Ukwakira 2022, aho ibi bikozwe mu rwego rwo gufasha abarwayi bajyaga mu mahanga gushaka serivisi zo guhabwa impyiko n’umwijima n’izindi ngingo, ko bazajya bazibonera imbere mu gihugu. Minisitiri w’Ubuzima, Dr Daniel Ngamije watangaje uyu mushinga mu Nteko rusange y’Umutwe w’Abadepite, yavuze […]
Post comments (0)