U Budage bwemereye u Rwanda inkunga ya miliyari zirenga 100 Frw
Ubudage bwahaye u Rwanda inkunga ingana na miliyoni 98.1 z'amayero (hafi miliyari 103 z'amafaranga y'u Rwanda) azanyuzwa mu bikorwa byo gutera inkunga imishinga iciriritse (SMEs), n'uruganda rukora imiti mu myaka ibiri iri imbere. Minisitiri w' Budage ushinzwe Iterambere, Svenja Schulze na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi w’u Rwanda, Dr Uzziel Ndagijimana Ibi byagezweho nyuma y’ibiganiro byahuje ibihugu byombi muri iki cyumweru mu rwego rwo kwizihiza imyaka 60 y'ubufatanye. Minisiteri y’imari n’igenamigambi (MINECOFIN) […]
Post comments (0)