RUBAVU: Abatwara moto basabwe gushyira imbere umutekano
Abatwara abagenzi kuri moto bazwi nk'abamotari, basabwe gushyira imbere umutekano bakorana na Polisi n'izindi nzego z'umutekano, mu rwego rwo gukumira no kurwanya ibyaha. Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Rubavu, Superintendent of Police (SP) Jean Bosco Karega, yabibasabye ku wa Gatanu tariki ya 4 Ugushyingo, mu nama yahurije hamwe abamotari 400 bakorera mu murenge wa Gisenyi. SP Karega yabibukije ko bagomba kutarebera ibyahungabanya umutekano, ahubwo bakihutira kubimenyesha inzego z'umutekano. Yagize […]
Post comments (0)