Inkuru Nyamukuru

COP27: Ihere ijisho uko aho inama izabera mu Misiri harimbishijwe (Amafoto)

todayNovember 5, 2022 68

Background
share close

Mu Misiri ahitwa Sharm El Sheikh, hagiye kubera inama yiswe COP27, ikaba ari inama ya 27 y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku mihindagurikire y’ibihe (UNFCCC).

Iyo nama izatangira kuri iki Cyumweru tariki 6 ikazageza ku 18 Ugushyingo 2022, ikazitabirwa n’ibihugu bitandukanye byo hirya no hino ku isi n’u Rwanda rurimo. Iyi nama ije ikurikira iyabaye umwaka ushize wa 2021 mu kwezi k’Ugushyingo, ikabera i Glasgow muri Ecosse.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Madamu Jeannette Kagame na Ange Kagame bari mu bitabiriye ibirori bya Ian Kagame

Ababyeyi barimo Madamu wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame, bagiye gushyigikira abana babo binjiye mu Gisirikare cy’u Rwanda nk’aba Sous-Officiers kuri uyu Gatanu tariki 04 Ugushyingo 2022. Madamu Jeannette Kagame yagiye gushyigikira Ian Kagame uri mu bahawe ipeti rya Sous-Lieutenant na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda(RDF). Ibirori byo gutanga ipeti rya Sous-Lieutenant ku basore n’inkumi 568 byabereye mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare riri mu […]

todayNovember 4, 2022 611

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%