Igihe cyo kwishyura imisoro ku butaka cyongerewe
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi iratangaza ko Leta yafashe umwanzuro wo kongera igihe cyo kwishyura umusaro ku mutungo utimukawa w’ubutaka, bitarenze itaririki ya 31 Mutarama 2023, aho kuba iya 31 Ukuboza 2023. Uzziel Ndagijimana Minisitiri w’imari n’igenamigambi Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uziel Ndagijimana asobanura kandi ko imisoro ku butaka ikomeza kuguma uko iri, kubera ko icyorezo cya Coid-19 cyakomye mu nkokora ubushobozi bw’abaturage. Yongeraho ko hanakubitiyeho intambara yo muri Ukraine n’Uburusiya bigatuma […]
Post comments (0)