Kinyoni amazina ye ubusanzwe yitwa Niyonkuru Jean Claude, akaba ari murumuna wa Nduwimana Jean Paul (Noopja), akaba yafashaga abahanzi batandukanye mu kubandikira indirimbo by’umwihariko abakorera umuziki wabo muri Country Records. Inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye mu gitondo cyo ku wagatanu, itungura benshi mu bari bamuzi byumwihariko abahanzi yagiye akorana nabo. Amakuru yatangajwe Nduwimana Jean Paul Noopja yavuze ko yababajwe cyane n'inkuru y’urupfu rwa murumuna we witabye Imana mu buryo butunguranye. Doreko […]
Post comments (0)