Polisi y’u Rwanda yegereje serivisi ya ‘Control Technique’ abo mu Karere ka Rubavu
Kuva kuri uyu wa Mbere tariki 21 Ugushyingo, Polisi y'u Rwanda iregereza serivisi zo gusuzuma ubuziranenge bw'ibinyabiziga abatuye n'abakorera mu Karere ka Rubavu mu rwego rwo kubafasha kubona iyi serivisi mu buryo buboroheye. Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera, yavuze ko biri muri gahunda ya Polisi yo kwegereza abaturage serivisi kugira ngo bazibonere hafi badakoze ingendo ndende. Yagize ati: "Serivise yo kugenzura ubuziranenge bw'ibinyabiziga […]
Post comments (0)